Friday, 28 November 2014

Ubwongereza bwahagaritse byagateganyo inkunga bwahaga Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu guhindura igipolisi cya Congo.

imurengeheza

Ico ni kimwe mu ngaruka z'i byegeranyo bya ONU nu muryango mpuzamahanga wita ku burengazira bwakiremwa mu ntu Human rihts Watch birega aba police kwica cyangwa guho hotera abaturage mu  mukwa bu wabaye umwaka ushize wabaye mu gihe bafataga inkizi zi kibi mu murwa mukuru wa KINSHASA.
milion 76 zamayero mugihe cyi myaka itanu  niyo mafaranga ubwongereza bwateganyaga gufashi sha reta ya congo muri gahunda yo ku vugurura igi police cabo

Ariko mugihe hatangarijwe raport cg icyegeranyo. ishinja inzego zu mutekano ku bazarishe  zigashira  ku giti ndetse no kuri gisa bamwe mu basore bari bira ye mu mama barabara  uru rubyi ru ko tu bi butseko rwa ri rwi raye mu mi handa bateza imyi garaga byo abaturange aho bari bateje umutekano muke mu mu gi wa kinshasa . Leta y' Ubwongereza yahise mo gufata icyo cye mezo.

Ibyegeranyo bi biri byashizwe ahagaragara  mu minsi ishize na ONU  hamwe nu muryango uhara nira uburengazira bwi kiremwa mu ntu kwisi Humman Rights Watch nti byavuzweho rumwe na bose.
 leta ya Congo kinshasa yo yahise ihakana byi vuye inyuma ibya vuye muri yo raport yahise yere kana kandi umukozi wa ONU warushi zwe ibiro bikuri kirana hafi u burenga zira bwi ki remwa muntu  nuko leta ya congo yo yemerako haraho ibi ntu bitageze neza ata riko abako ze i byo bi ntu bafashwe kandi babi haniwe

Igipolice ca congo cyo kivuga ko ki tari cya menyeshwa icyo cyemezo muburyo bwanditse  bwicyo cyemezo ubwo ngereza bwa fashe.

Umuvugi zi wi gi police cya co ngo .Colonnel pierrot Mwanaputu  Icyo cyemezo cyagejejwe kuntu mwa za leta yacongo  munama yari yahuje  abahagarariye  Ubwongereza na mi nistre  w'u butegetsi bwi gi hugu
avuga kandi ko iyo nama ikaba ya ra baye kwitariki 18 zuku kwezi ubwo Iyora port ya Humman Rights Watch  Imaze guso hokera ubwo  Ubwo iyi raport ishinja igi police cya congo kwica abantu bagera kuri 51 bakavugako abandi 33 baburi we irengero mu buryo bwo kugarura no kurwanya ibi korwa byuru gomo mu mugi wa Kinshasa inkuru tu yikesha.BBC 

Thursday, 27 November 2014

EBOLA : INKINGO ZA EBOLA MUMWAKA UTAHA.

Imurengeheza

umu kuru wu muryango ufasha gukora u bushakasha tsi  yavuze ko ama societe 3 ako meye  yi ye meje gukora Inkingo za EBOLA zigera ku ma milion, mu mwaka utaha.

GSK. johnson and johnso na MERCK. Buri so siyete yose izazi kora uruki ngo rwayo.
Hari bi menyetso bigaragaza  ko uru ki ngo rwa GSK ari rwo rwiza nyu ma yaho ru gara gari jeko  rwa fashi je kuri nda Imibiri yabantu 20 bakorewe ho isu zumwa. ari ko hari ri ndi gera gezwa ri zaba.Professionry JEREMY FARRAR ukuriye umuryango  ufasha welcom trust. yavu ze ko afi te i byiri ngiro byu ko abantu baba rirwa muri za million bari mo na bakozi bo kwa mugaga bazabo na urwo ri kingo, mu byo yise { urwego rwa ka biri rwu bushaka shatsi} hagati aho aba korera hagati aho abafasha i mi ryango  ifasha mu majye pfo y uburasi ra zuba bwa guinnea baravuga .bara tangaza ko i mibare yaba rwa ye ebola iko meje kwi yo ngera, mu gace yata ngi riye mo kandi ko tabyango bwa bafite byo ku yi hasha'. 

MSF na RED CROSS ishya myi ryo mu bufaransa bara tangaza ko barengewe nu mu bare  wabarwaye nku ko uko meje kwi yo ngera muri bi byu mweru bishize ati nu bwo hari bigo bishya bi shirwa ho. ati bira hita byu zura vuba ku bera u bwi yo ngere bwa ba rwa yi.

Umuryango mpuza mahanga wita ku buzi ma PAM, uravu gako muri rusange  imi bare ya barwa yi ba EBOLA . ati Muri guinea si beshi cyane nko muri  SIERRA LEONE ati ni ho hari abarwa yi beshi bikaba biteye ubwo ba ni ki bazo cu gari je isi cyane cyane ku mugabane wa AFRICA. mukomeze mutabare abavandimwe ba ba nyafuri ka abasenga musenge naba kora ubuta bazi ku bukungu bwabo mu bikore .nku ko  nabo ntabwo bari baze u buzi ma bwiza tura ngi je twiha nga nisha imi ryango ya buze ababo bahitangwe ni ki cyago EBOLA. 

MURAKOZE  

Wednesday, 26 November 2014

DRC: Muganga Mukwege yabonye agahembo

Denis Mukwege
imurengeheza
Umuganga w'umu nye congo  Denis Mukwege yatsindiye  igihembo cya SAKHOROV ku burenga nzira bwamuntu kubera ibikorwa bye byo kwita ku bagore bafashwe kungufu mugihe cyintambara mugihugu ce cya congo 

umukuru w'Inteko shinga amategeko w'umuryango wubumwe wu burayi watanze icyo gihembo. yavuzeko Dr.Denis mugwegwe yarwa niye uburengazira mwa bagore mugihugu cya congo  
Aho usanga abantu ibi humbi ni bi humbi  bafashwe kungufu mu myaka itari mike igihu gu ca congo ki maze mu ntambara nacyane cyane mugace cg akarere ku burasirazuba ki basiri we cyane ni ntambara zurudaca ,aha usanga izi ntambara ziva kumoko atuye muri ako karere  ninyeshamba zi va mu bihugu bihana imbibi niki gihugu. aha wavuga nku Rwanda inyeshamba zarwo FDL,irangwa ni bikorwa bibi nkuko basize bakoze amahano muigihugu cabo aho basize ba koze Genocide yakorewe abatutsi . izinyeshamba kandi zigenda zikora ibikorwa byo kwiba nokwica abenegihugu, ba congo,

Hari ninye shyamba zigihugu cyu Burundi Ibo nibeshi bafite Udutsiko twishi duhindagurika, buri munsi usanga uhunze uburundi aruhukira  muri congo ndoreko bana haturiye .bita batwara igihe ngo bahagere kugeza kurubu haravugwa bombori bombori muba yo bozi babo mugihe bari kwitegura ,gushira ho umukuru wigihugu abari ku butegetsi nandi mashaka ntibabyunva kimwe ubwo congo yitegure izindi nyeshyamba shyashya, 
Tu tibagiwe ninyeshyamba za UGANDA ba rwa nya Kaguta Museveni, aba bose Izinye shyambazose. Imyitwarire yabo nimwe nukwica ru bozo kwiba gufatwa kungufu nu bwibyi  
Dr, Denis Mukwege igihembo akaba yagiha we ku bwitange  nurukundo yaga ragaje mugufasha igitsina gore caza ha jwe ni bikorwa byintambara haba iza bene gi hugu ubwabo nizo nye shamba,doctor tumwifurije akazi keza  nogukunda igihugu.

U Rwanda rwohereje indege ebyiri za gisirikare muri Sudani y’Epfo mu butumwa bw’ umuryango w’ abibumbye bwo kugarura amahoro muri kiriya gihugu, UNMISS. Izi ndege ziri mu bwoko bwa Kajugujugu kandi ni nshya.


JPEG - 49.8 kb
umuyo bozi w,ingabo zirwa nira mukirere brigadier General  Joseth demali yifurije
akazikeza ingabo zigiye   kuzabikorana ubu nya muga
Izi ndegezoherejwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, zizakurikirwa n’ izindi ebyiri zishobora gukoreshwa mu mirwano, zikazagenda zisangayo n’ izindi ndege 4 zisanzwe muri ubu butumwa , zikuzuzura indege umunani u Rwanda rwemeye kohereza muri Sudani y’ Epfo.

Umuvugizi w’ingabo z’ u Rwanda, RDF, Brig Gen Joseph Nzabamwita, yavuze ko u Rwanda rubaye igihugu cya kabiri muri Afurika cyohereje indege nyinshi z’ ubutabazi muri Sudani y’Epfo.
Nzabamwita yavuze ko izi ndege zoherejwe " mu rwego u Rwanda rwemereye gutera inkunga Umuryango w’Abibumbye. Zikoreshwa mu gutwara abantu, haba mu butabazi nko ku barwayi cyangwa nk’igihe cy’imyuzure n’ibindi. Abanyarwanda bakwiye kwishimira ko igisirikare cyabo kiri kugira uruhare rufatika mu kubungabunga amahoro ku rwego rwa Afurika."
Kuri ubu u Rwanda rufite itsinda ry’abasirikare barwanira mu kirere 119 bari mu butumwa i Juba muri Sudani y’Epfo, kandi rurateganya ko bazaba 225. Buri ndege mu zoherejwe muri kiriya gihugu, ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 24.

Tuesday, 25 November 2014

Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo Ndizeye Willy yeguye


muyobozi w’Akarere ka Gasabo, Ndizeye Willy, n’abari bamwungirije beguye ku mirimo yabo.
Amakuru agera kuri IGIHE ni uko kuri uyu mugoroba ari bwo ubwegure bwa Meya n’abo bari bamwungirije buza gushyikirizwa Inama Njyanama y’Akarere ka Gasabo.
Abari kuvugwa ko beguye hamwe na Meya ni Claude Munara wari Umuyobozi w’Akarere Wungirije wari ushinzwe Imari n’iterambere mu Bukungu n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije wari ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage. Marie Louise Uwimana.
Turacyakurikirana iby’aya makuru yo kwegura kw’aba bayobozi. inkuru tura yikesha  igihe.com

IBI NI NKI GITUTSI KUBANYA MURENGE BOSE NISHUTIZABO BIRABA BAJE KABISA.


Pasteur Habimana wari wambaye bisanzwe ipantalo ya jeans n’ishati y’amaboko magufi aherekejwe n’abantu bagera mw’icumi biganjemo urubyiruko, yamaze amasaha hafi 2 imbere y’umucamanza wa parike.

N’umutuzo mwinshi nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Isanganiro ivuga, yatangaje ko yasobanuriye umucamanza ko akishimira ubudahangarwa bw’agateganyo yahawe n’amasezerano ya Dar es Salam mu rwego rwo kugera ku mahoro, umutekano n’umutuzo birambye mu Burundi yashyizweho umukono kuwa 18 Kamena 2006. Kuri ubu, aravuga ko 

nta gikorwa na kimwe cyangwa icyaha yasubiza kuko yari akiri mw’ishyamba.
Ubudahangarwa Pasteur Habimana n’abo bahoranye mw’ishyamba bafite ni ubw’agateganyo nk’uko bimeze muri ayo masezerano. Gusa, ibiri muri aya masezerano ntibiteganya igihe n’ukuntu buzavanwaho.
Pasteur Habimana
Ubwo hatangiraga gushyira mu bikorwa ihagarikwa ry’imirwano, abagize FNL Palipehutu bahawe ubudahangarwa bw’agateganyo. Byari biteganyijwe kandi ko habaho gufungura imfungwa za politiki n’imfungwa z’intambara nk’uko biteganywa n’ingingo ya 2 ku murongo wa mbere y’ayo masezerano ya Dar es Salam.
N’ubwo nawe ubwe yigeze kwemeza abinyujije mw’itangazamakuru ko ari Palipehutu FNL y’icyo gihe yagabye icyo gitero cyahitanye Abanyamulenge barenga 160, Pasteur Habimana kuri uyu wa mbere yatangaje ko Palipehutu FNL idakwiriye kuvangwa muri iyi dosiye, ariko yizeza ko azajya yitaba urukiko igihe cyose ahamagawe.
“N’ubwo nyifite ubudahangarwa nitabye. Palipehutu ntaho ihuriye n’ibyabaye mu Gatumba. Umucamanza yasigaranye kopi y’ayo masezerano ya Dar es Salam ngo ayasome yitonze abone amakuru ku budahangarwa mfite”uwo ni Pasteur Habimana.
Kuwa gatanu w’icyumweru gishize nibwo abahagarariye imiryango y’Abanyamulenge nabo bumvishwe na pariki kuri iki kibazo.

Perezida Benjamin Mkapa yahembewe ibikorwa yakoze mu myaka 10 yategetse Tanzaniya

Uwahoze ari umukuru w’ igihugu muri Tanzaniya, Benjamin William Mkapa yagenewe igihembo yahawe n’ abacuruzi n’ abandi bikorera muri Tanzaniya mu rwego rwo kumushimira ko yabafashije gutera imbere mu gihe cy’ ubutegetsi bwe hagati
Iki gihembo Perezida Mkapa akaba yaragihawe na Roundtable Tanzania mu mpera z’ icyumweru dushoje mu mujyi wa Dar Es Salaam, umurwa mukuru wa Tanzaniya. Perezida Mkapa akaba yarashimagijwe bikomeye ku byo yagejeje ku rwego rw’ abikorera muri iki gihugu. Mkapa kandi ngo mu gihe cy’ ubutegetsi bwe nta nzara zabaye, ibiciro byagumye hamwe ariko cyane cyane iby’ ibiribwa, byo bikenerwa n’ abantu benshi cyangwa bose.
Mkapa kandi yashimiwe ko yarinze ubukungu bwa Tanzaniya kurindimuka kuko ngo ikintu yakoze akigera ku butegetsi mu mwaka wa 1995 cyabaye gusubiza ubukungu mu buryo dore ko ngo icyo gihe ibiciro by’ ibicuruzwa byinshi byari hejuru cyane. Aba bacuruzi ariko n’ ubwo bashimagije Mzee Mkapa banaboneyeho gusaba Leta kubafasha kongera ingufu z’ amashanyarazi zikiri imbogamizi ku bikorera muri iki gihugu no mu karere ka Africa y’ Iburasirazuba.
Ngo ibi bishobotse byatuma iki gihugu kigira ubukungu buzamutse kuruta uko bimeze ubu cyane cyane ko intumbero y’ igihugu ari ukugera ku bushobozi bwo gutanga 10 000Mw mu mwaka muri 2020. Iki gihembo Mkapa akaba yarakigejejweho na Bwana Santina Benson umukuru w’ abacuruzi bikaba byarabereye imbere ya bamwe mu baministre n’ abadepite ba Tanzaniya.
Twibutse gusa ko Perezida Mkapa akomoka mu ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi riri ku butegetsi muri Tanzaniya akaba yarategetse iki gihugu mu myaka 10 kuva mu 1995 kugeza mu 2005 ubwo yarangizaga manda ebyiri agasimburwa na Kikwete ukiyobora magin