Wednesday, 26 November 2014

DRC: Muganga Mukwege yabonye agahembo

Denis Mukwege
imurengeheza
Umuganga w'umu nye congo  Denis Mukwege yatsindiye  igihembo cya SAKHOROV ku burenga nzira bwamuntu kubera ibikorwa bye byo kwita ku bagore bafashwe kungufu mugihe cyintambara mugihugu ce cya congo 

umukuru w'Inteko shinga amategeko w'umuryango wubumwe wu burayi watanze icyo gihembo. yavuzeko Dr.Denis mugwegwe yarwa niye uburengazira mwa bagore mugihugu cya congo  
Aho usanga abantu ibi humbi ni bi humbi  bafashwe kungufu mu myaka itari mike igihu gu ca congo ki maze mu ntambara nacyane cyane mugace cg akarere ku burasirazuba ki basiri we cyane ni ntambara zurudaca ,aha usanga izi ntambara ziva kumoko atuye muri ako karere  ninyeshamba zi va mu bihugu bihana imbibi niki gihugu. aha wavuga nku Rwanda inyeshamba zarwo FDL,irangwa ni bikorwa bibi nkuko basize bakoze amahano muigihugu cabo aho basize ba koze Genocide yakorewe abatutsi . izinyeshamba kandi zigenda zikora ibikorwa byo kwiba nokwica abenegihugu, ba congo,

Hari ninye shyamba zigihugu cyu Burundi Ibo nibeshi bafite Udutsiko twishi duhindagurika, buri munsi usanga uhunze uburundi aruhukira  muri congo ndoreko bana haturiye .bita batwara igihe ngo bahagere kugeza kurubu haravugwa bombori bombori muba yo bozi babo mugihe bari kwitegura ,gushira ho umukuru wigihugu abari ku butegetsi nandi mashaka ntibabyunva kimwe ubwo congo yitegure izindi nyeshyamba shyashya, 
Tu tibagiwe ninyeshyamba za UGANDA ba rwa nya Kaguta Museveni, aba bose Izinye shyambazose. Imyitwarire yabo nimwe nukwica ru bozo kwiba gufatwa kungufu nu bwibyi  
Dr, Denis Mukwege igihembo akaba yagiha we ku bwitange  nurukundo yaga ragaje mugufasha igitsina gore caza ha jwe ni bikorwa byintambara haba iza bene gi hugu ubwabo nizo nye shamba,doctor tumwifurije akazi keza  nogukunda igihugu.

U Rwanda rwohereje indege ebyiri za gisirikare muri Sudani y’Epfo mu butumwa bw’ umuryango w’ abibumbye bwo kugarura amahoro muri kiriya gihugu, UNMISS. Izi ndege ziri mu bwoko bwa Kajugujugu kandi ni nshya.


JPEG - 49.8 kb
umuyo bozi w,ingabo zirwa nira mukirere brigadier General  Joseth demali yifurije
akazikeza ingabo zigiye   kuzabikorana ubu nya muga
Izi ndegezoherejwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, zizakurikirwa n’ izindi ebyiri zishobora gukoreshwa mu mirwano, zikazagenda zisangayo n’ izindi ndege 4 zisanzwe muri ubu butumwa , zikuzuzura indege umunani u Rwanda rwemeye kohereza muri Sudani y’ Epfo.

Umuvugizi w’ingabo z’ u Rwanda, RDF, Brig Gen Joseph Nzabamwita, yavuze ko u Rwanda rubaye igihugu cya kabiri muri Afurika cyohereje indege nyinshi z’ ubutabazi muri Sudani y’Epfo.
Nzabamwita yavuze ko izi ndege zoherejwe " mu rwego u Rwanda rwemereye gutera inkunga Umuryango w’Abibumbye. Zikoreshwa mu gutwara abantu, haba mu butabazi nko ku barwayi cyangwa nk’igihe cy’imyuzure n’ibindi. Abanyarwanda bakwiye kwishimira ko igisirikare cyabo kiri kugira uruhare rufatika mu kubungabunga amahoro ku rwego rwa Afurika."
Kuri ubu u Rwanda rufite itsinda ry’abasirikare barwanira mu kirere 119 bari mu butumwa i Juba muri Sudani y’Epfo, kandi rurateganya ko bazaba 225. Buri ndege mu zoherejwe muri kiriya gihugu, ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 24.

Tuesday, 25 November 2014

Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo Ndizeye Willy yeguye


muyobozi w’Akarere ka Gasabo, Ndizeye Willy, n’abari bamwungirije beguye ku mirimo yabo.
Amakuru agera kuri IGIHE ni uko kuri uyu mugoroba ari bwo ubwegure bwa Meya n’abo bari bamwungirije buza gushyikirizwa Inama Njyanama y’Akarere ka Gasabo.
Abari kuvugwa ko beguye hamwe na Meya ni Claude Munara wari Umuyobozi w’Akarere Wungirije wari ushinzwe Imari n’iterambere mu Bukungu n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije wari ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage. Marie Louise Uwimana.
Turacyakurikirana iby’aya makuru yo kwegura kw’aba bayobozi. inkuru tura yikesha  igihe.com

IBI NI NKI GITUTSI KUBANYA MURENGE BOSE NISHUTIZABO BIRABA BAJE KABISA.


Pasteur Habimana wari wambaye bisanzwe ipantalo ya jeans n’ishati y’amaboko magufi aherekejwe n’abantu bagera mw’icumi biganjemo urubyiruko, yamaze amasaha hafi 2 imbere y’umucamanza wa parike.

N’umutuzo mwinshi nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Isanganiro ivuga, yatangaje ko yasobanuriye umucamanza ko akishimira ubudahangarwa bw’agateganyo yahawe n’amasezerano ya Dar es Salam mu rwego rwo kugera ku mahoro, umutekano n’umutuzo birambye mu Burundi yashyizweho umukono kuwa 18 Kamena 2006. Kuri ubu, aravuga ko 

nta gikorwa na kimwe cyangwa icyaha yasubiza kuko yari akiri mw’ishyamba.
Ubudahangarwa Pasteur Habimana n’abo bahoranye mw’ishyamba bafite ni ubw’agateganyo nk’uko bimeze muri ayo masezerano. Gusa, ibiri muri aya masezerano ntibiteganya igihe n’ukuntu buzavanwaho.
Pasteur Habimana
Ubwo hatangiraga gushyira mu bikorwa ihagarikwa ry’imirwano, abagize FNL Palipehutu bahawe ubudahangarwa bw’agateganyo. Byari biteganyijwe kandi ko habaho gufungura imfungwa za politiki n’imfungwa z’intambara nk’uko biteganywa n’ingingo ya 2 ku murongo wa mbere y’ayo masezerano ya Dar es Salam.
N’ubwo nawe ubwe yigeze kwemeza abinyujije mw’itangazamakuru ko ari Palipehutu FNL y’icyo gihe yagabye icyo gitero cyahitanye Abanyamulenge barenga 160, Pasteur Habimana kuri uyu wa mbere yatangaje ko Palipehutu FNL idakwiriye kuvangwa muri iyi dosiye, ariko yizeza ko azajya yitaba urukiko igihe cyose ahamagawe.
“N’ubwo nyifite ubudahangarwa nitabye. Palipehutu ntaho ihuriye n’ibyabaye mu Gatumba. Umucamanza yasigaranye kopi y’ayo masezerano ya Dar es Salam ngo ayasome yitonze abone amakuru ku budahangarwa mfite”uwo ni Pasteur Habimana.
Kuwa gatanu w’icyumweru gishize nibwo abahagarariye imiryango y’Abanyamulenge nabo bumvishwe na pariki kuri iki kibazo.

Perezida Benjamin Mkapa yahembewe ibikorwa yakoze mu myaka 10 yategetse Tanzaniya

Uwahoze ari umukuru w’ igihugu muri Tanzaniya, Benjamin William Mkapa yagenewe igihembo yahawe n’ abacuruzi n’ abandi bikorera muri Tanzaniya mu rwego rwo kumushimira ko yabafashije gutera imbere mu gihe cy’ ubutegetsi bwe hagati
Iki gihembo Perezida Mkapa akaba yaragihawe na Roundtable Tanzania mu mpera z’ icyumweru dushoje mu mujyi wa Dar Es Salaam, umurwa mukuru wa Tanzaniya. Perezida Mkapa akaba yarashimagijwe bikomeye ku byo yagejeje ku rwego rw’ abikorera muri iki gihugu. Mkapa kandi ngo mu gihe cy’ ubutegetsi bwe nta nzara zabaye, ibiciro byagumye hamwe ariko cyane cyane iby’ ibiribwa, byo bikenerwa n’ abantu benshi cyangwa bose.
Mkapa kandi yashimiwe ko yarinze ubukungu bwa Tanzaniya kurindimuka kuko ngo ikintu yakoze akigera ku butegetsi mu mwaka wa 1995 cyabaye gusubiza ubukungu mu buryo dore ko ngo icyo gihe ibiciro by’ ibicuruzwa byinshi byari hejuru cyane. Aba bacuruzi ariko n’ ubwo bashimagije Mzee Mkapa banaboneyeho gusaba Leta kubafasha kongera ingufu z’ amashanyarazi zikiri imbogamizi ku bikorera muri iki gihugu no mu karere ka Africa y’ Iburasirazuba.
Ngo ibi bishobotse byatuma iki gihugu kigira ubukungu buzamutse kuruta uko bimeze ubu cyane cyane ko intumbero y’ igihugu ari ukugera ku bushobozi bwo gutanga 10 000Mw mu mwaka muri 2020. Iki gihembo Mkapa akaba yarakigejejweho na Bwana Santina Benson umukuru w’ abacuruzi bikaba byarabereye imbere ya bamwe mu baministre n’ abadepite ba Tanzaniya.
Twibutse gusa ko Perezida Mkapa akomoka mu ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi riri ku butegetsi muri Tanzaniya akaba yarategetse iki gihugu mu myaka 10 kuva mu 1995 kugeza mu 2005 ubwo yarangizaga manda ebyiri agasimburwa na Kikwete ukiyobora magin

Sunday, 23 November 2014

ESE KOKO UMURAMBO WA THOMAS SANKARA WATABARUTSE 1987 USHOBORA KUBONEKA

IMURENGEHEZA
IMURENGEHEZA
Perezida w’inzibacyuho muri Burkina Faso, Michel Kafando, yatangaje ko agiye gukoresha iperereza hakaboneka umurambo wa Thomas Sankara wayoboye iki gihugu mbere y’uko yicwa ahiritswe ku butegetsi mu w’1987.

Mu ijambo yavuze mu muhango wo gutangira ku mugaragaro akazi nka Perezida wa Burukina Faso, Kafando yagize ati“Mu izina ry’ubwiyunge bw’igihugu nafashe icyemezo cy’uko hakorwa iperereza hakaboneka umurambo wa Perezida Thomas Sankara.”

Kuva mu mwaka w’1997 umuryango w’iyi ntwari y’Afurika ntiwahwemye gusaba ko umurambo we (Sankara) watabururwa hakamenyakana niba koko ariwe uhashyinguye nubwo ubutabera bwa Burkina Faso butigeze na rimwe bubyemera.
Thomas Sankara ufatwa nk’intwari mu gihugu cye ndetse no muri Afurika yagiye ku butegetsi tariki ya 4 Kanama 1983 afite imyaka 33.
Yishwe kuwa 15 Ukwakira 1987 n’itsinda ryitwaje intwaro riri hamwe n’abandi bayobozi bagera kuri 12, akaba ari Coup d’Etat yari yateguwe n’uwari inshuti ye Blaise Compaoré (nawe uherutse guhirikwa ku butegetsi n’abaturage mu mpera z’Ukwakira 2014) kuko atemeranyaga n’ibitekerezo bye (Sankara). Sankara yishwe ageza ijambo kuri rubanda.
Zimwe mu mpamvu zatanzwe zivugwa harimo iy’uko umubano wa Burkina Faso n’ibihugu by’ibituranyi wari warazambye, aho Compaoré yavugaga ko Sankara yazambije umubano n’ibihugu by’amahanga birimo u Bufaransa na Cote d’Ivoire.
Prince Johnson, wahoze ari umurwanyi muri Liberia akaba yari inshuti na Charles Taylor, yabwiye Komisiyo y’ukuri n’ubwiyunge ko urupfu rwa Sankara rwari rushyigikiwe na Charles Taylor.
Umurambo wa Sankara warashwanyagujwe utabwa ahantu hatamenyekanye. Umuryango we wahise uhunga, Compaore yigarurira byose ndetse anahita ahindura politiki za SankaSankara.
IYI NKURU IKABA ya ravuye KU IGIHE.COM

AKA NAKU MIRO GAKOMEYE GUTUNGWA NUDUHANGA TWABANDI

IMURENGEHEZA
Bafatanwe igihanga c'umuntu bisobanura bavuga yuko aribyo bibatunze
i goma: inkuru idasanzwe mumujyi wa goma haravugwa ubwibyi budasanzwe hakoreshejwe ibihanga by'abantu, kur'uyu wagatanu w'iri yinga turihodusoza abatuye mumujyi wa goma batunguwe bidasubirwaho no kubona itsinda ry'amabandi bafatanwe ibihanga by'abantu bafatiwe muri quartier mapendo ni mumujyi wa goma rwagati
Ayo mabandi akimara gutabwa muri yombi n'abashinzwe umutekano, abantu benshi hamwe n'abashinzwe umutekano bagize amatsiko yo kumenya ico ibyo bihanga babimaza
itsinda ry'ayo mabandi bayobowe n'uwitwa abdul ubwo bari bamaze kubazwa na police ico bamaza utwo duhanga twabantu, dore uko ubisobanuye, umwe muribo yagiz'ati mubyukuri nibyo bidutunze mugihe tubonye igihanga cumuntu turagifata tukagihura kigahinduka ifu tukakivanga n'urumugi bikaba ifu itumuka, tukajya kunzu runaka nijoro tugatumurira munzu ako kanya abaryamye muri yanzu basinzira nkabavuyemwo umwuka natwe tukabona uburyo bwo kwiba ntaco twikanga
Mugihe anene gihugu bamwe baha ngayi kishijwe  nu mutekano batizera wintambara zurudaca, murikariya karere aha se reta izasho bora guhangana naba bantu ,ndoreko atari nyeshamba inkindi wakwibaza aba bakora nkabarozi kumugaragaro ,iki bazo giko mereye buri muturange nagirango tu bwire buri mu ntu wese  ahaguruke arwanye iki ndore co si camoko ahu bwo kireba buri muntu wese mukarere ki biyaga bigari si muri congo gusa  ahubwo byo birako meye abantu nti baki giye bagenda  bo nyine iwabo naho umugoroba wo ni nkaho wakwi bagirana  abana fuzi biga ni mugoroba .mwamagane ibyo bintu nkk bikomeje gutyo ha kwangirika ibi ntu byishyi murakoze kurubu bakaba


 bafungiye kuri station Ya police igoma