Tuesday, 25 November 2014

IBI NI NKI GITUTSI KUBANYA MURENGE BOSE NISHUTIZABO BIRABA BAJE KABISA.


Pasteur Habimana wari wambaye bisanzwe ipantalo ya jeans n’ishati y’amaboko magufi aherekejwe n’abantu bagera mw’icumi biganjemo urubyiruko, yamaze amasaha hafi 2 imbere y’umucamanza wa parike.

N’umutuzo mwinshi nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Isanganiro ivuga, yatangaje ko yasobanuriye umucamanza ko akishimira ubudahangarwa bw’agateganyo yahawe n’amasezerano ya Dar es Salam mu rwego rwo kugera ku mahoro, umutekano n’umutuzo birambye mu Burundi yashyizweho umukono kuwa 18 Kamena 2006. Kuri ubu, aravuga ko 

nta gikorwa na kimwe cyangwa icyaha yasubiza kuko yari akiri mw’ishyamba.
Ubudahangarwa Pasteur Habimana n’abo bahoranye mw’ishyamba bafite ni ubw’agateganyo nk’uko bimeze muri ayo masezerano. Gusa, ibiri muri aya masezerano ntibiteganya igihe n’ukuntu buzavanwaho.
Pasteur Habimana
Ubwo hatangiraga gushyira mu bikorwa ihagarikwa ry’imirwano, abagize FNL Palipehutu bahawe ubudahangarwa bw’agateganyo. Byari biteganyijwe kandi ko habaho gufungura imfungwa za politiki n’imfungwa z’intambara nk’uko biteganywa n’ingingo ya 2 ku murongo wa mbere y’ayo masezerano ya Dar es Salam.
N’ubwo nawe ubwe yigeze kwemeza abinyujije mw’itangazamakuru ko ari Palipehutu FNL y’icyo gihe yagabye icyo gitero cyahitanye Abanyamulenge barenga 160, Pasteur Habimana kuri uyu wa mbere yatangaje ko Palipehutu FNL idakwiriye kuvangwa muri iyi dosiye, ariko yizeza ko azajya yitaba urukiko igihe cyose ahamagawe.
“N’ubwo nyifite ubudahangarwa nitabye. Palipehutu ntaho ihuriye n’ibyabaye mu Gatumba. Umucamanza yasigaranye kopi y’ayo masezerano ya Dar es Salam ngo ayasome yitonze abone amakuru ku budahangarwa mfite”uwo ni Pasteur Habimana.
Kuwa gatanu w’icyumweru gishize nibwo abahagarariye imiryango y’Abanyamulenge nabo bumvishwe na pariki kuri iki kibazo.

Perezida Benjamin Mkapa yahembewe ibikorwa yakoze mu myaka 10 yategetse Tanzaniya

Uwahoze ari umukuru w’ igihugu muri Tanzaniya, Benjamin William Mkapa yagenewe igihembo yahawe n’ abacuruzi n’ abandi bikorera muri Tanzaniya mu rwego rwo kumushimira ko yabafashije gutera imbere mu gihe cy’ ubutegetsi bwe hagati
Iki gihembo Perezida Mkapa akaba yaragihawe na Roundtable Tanzania mu mpera z’ icyumweru dushoje mu mujyi wa Dar Es Salaam, umurwa mukuru wa Tanzaniya. Perezida Mkapa akaba yarashimagijwe bikomeye ku byo yagejeje ku rwego rw’ abikorera muri iki gihugu. Mkapa kandi ngo mu gihe cy’ ubutegetsi bwe nta nzara zabaye, ibiciro byagumye hamwe ariko cyane cyane iby’ ibiribwa, byo bikenerwa n’ abantu benshi cyangwa bose.
Mkapa kandi yashimiwe ko yarinze ubukungu bwa Tanzaniya kurindimuka kuko ngo ikintu yakoze akigera ku butegetsi mu mwaka wa 1995 cyabaye gusubiza ubukungu mu buryo dore ko ngo icyo gihe ibiciro by’ ibicuruzwa byinshi byari hejuru cyane. Aba bacuruzi ariko n’ ubwo bashimagije Mzee Mkapa banaboneyeho gusaba Leta kubafasha kongera ingufu z’ amashanyarazi zikiri imbogamizi ku bikorera muri iki gihugu no mu karere ka Africa y’ Iburasirazuba.
Ngo ibi bishobotse byatuma iki gihugu kigira ubukungu buzamutse kuruta uko bimeze ubu cyane cyane ko intumbero y’ igihugu ari ukugera ku bushobozi bwo gutanga 10 000Mw mu mwaka muri 2020. Iki gihembo Mkapa akaba yarakigejejweho na Bwana Santina Benson umukuru w’ abacuruzi bikaba byarabereye imbere ya bamwe mu baministre n’ abadepite ba Tanzaniya.
Twibutse gusa ko Perezida Mkapa akomoka mu ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi riri ku butegetsi muri Tanzaniya akaba yarategetse iki gihugu mu myaka 10 kuva mu 1995 kugeza mu 2005 ubwo yarangizaga manda ebyiri agasimburwa na Kikwete ukiyobora magin

Sunday, 23 November 2014

ESE KOKO UMURAMBO WA THOMAS SANKARA WATABARUTSE 1987 USHOBORA KUBONEKA

IMURENGEHEZA
IMURENGEHEZA
Perezida w’inzibacyuho muri Burkina Faso, Michel Kafando, yatangaje ko agiye gukoresha iperereza hakaboneka umurambo wa Thomas Sankara wayoboye iki gihugu mbere y’uko yicwa ahiritswe ku butegetsi mu w’1987.

Mu ijambo yavuze mu muhango wo gutangira ku mugaragaro akazi nka Perezida wa Burukina Faso, Kafando yagize ati“Mu izina ry’ubwiyunge bw’igihugu nafashe icyemezo cy’uko hakorwa iperereza hakaboneka umurambo wa Perezida Thomas Sankara.”

Kuva mu mwaka w’1997 umuryango w’iyi ntwari y’Afurika ntiwahwemye gusaba ko umurambo we (Sankara) watabururwa hakamenyakana niba koko ariwe uhashyinguye nubwo ubutabera bwa Burkina Faso butigeze na rimwe bubyemera.
Thomas Sankara ufatwa nk’intwari mu gihugu cye ndetse no muri Afurika yagiye ku butegetsi tariki ya 4 Kanama 1983 afite imyaka 33.
Yishwe kuwa 15 Ukwakira 1987 n’itsinda ryitwaje intwaro riri hamwe n’abandi bayobozi bagera kuri 12, akaba ari Coup d’Etat yari yateguwe n’uwari inshuti ye Blaise Compaoré (nawe uherutse guhirikwa ku butegetsi n’abaturage mu mpera z’Ukwakira 2014) kuko atemeranyaga n’ibitekerezo bye (Sankara). Sankara yishwe ageza ijambo kuri rubanda.
Zimwe mu mpamvu zatanzwe zivugwa harimo iy’uko umubano wa Burkina Faso n’ibihugu by’ibituranyi wari warazambye, aho Compaoré yavugaga ko Sankara yazambije umubano n’ibihugu by’amahanga birimo u Bufaransa na Cote d’Ivoire.
Prince Johnson, wahoze ari umurwanyi muri Liberia akaba yari inshuti na Charles Taylor, yabwiye Komisiyo y’ukuri n’ubwiyunge ko urupfu rwa Sankara rwari rushyigikiwe na Charles Taylor.
Umurambo wa Sankara warashwanyagujwe utabwa ahantu hatamenyekanye. Umuryango we wahise uhunga, Compaore yigarurira byose ndetse anahita ahindura politiki za SankaSankara.
IYI NKURU IKABA ya ravuye KU IGIHE.COM

AKA NAKU MIRO GAKOMEYE GUTUNGWA NUDUHANGA TWABANDI

IMURENGEHEZA
Bafatanwe igihanga c'umuntu bisobanura bavuga yuko aribyo bibatunze
i goma: inkuru idasanzwe mumujyi wa goma haravugwa ubwibyi budasanzwe hakoreshejwe ibihanga by'abantu, kur'uyu wagatanu w'iri yinga turihodusoza abatuye mumujyi wa goma batunguwe bidasubirwaho no kubona itsinda ry'amabandi bafatanwe ibihanga by'abantu bafatiwe muri quartier mapendo ni mumujyi wa goma rwagati
Ayo mabandi akimara gutabwa muri yombi n'abashinzwe umutekano, abantu benshi hamwe n'abashinzwe umutekano bagize amatsiko yo kumenya ico ibyo bihanga babimaza
itsinda ry'ayo mabandi bayobowe n'uwitwa abdul ubwo bari bamaze kubazwa na police ico bamaza utwo duhanga twabantu, dore uko ubisobanuye, umwe muribo yagiz'ati mubyukuri nibyo bidutunze mugihe tubonye igihanga cumuntu turagifata tukagihura kigahinduka ifu tukakivanga n'urumugi bikaba ifu itumuka, tukajya kunzu runaka nijoro tugatumurira munzu ako kanya abaryamye muri yanzu basinzira nkabavuyemwo umwuka natwe tukabona uburyo bwo kwiba ntaco twikanga
Mugihe anene gihugu bamwe baha ngayi kishijwe  nu mutekano batizera wintambara zurudaca, murikariya karere aha se reta izasho bora guhangana naba bantu ,ndoreko atari nyeshamba inkindi wakwibaza aba bakora nkabarozi kumugaragaro ,iki bazo giko mereye buri muturange nagirango tu bwire buri mu ntu wese  ahaguruke arwanye iki ndore co si camoko ahu bwo kireba buri muntu wese mukarere ki biyaga bigari si muri congo gusa  ahubwo byo birako meye abantu nti baki giye bagenda  bo nyine iwabo naho umugoroba wo ni nkaho wakwi bagirana  abana fuzi biga ni mugoroba .mwamagane ibyo bintu nkk bikomeje gutyo ha kwangirika ibi ntu byishyi murakoze kurubu bakaba


 bafungiye kuri station Ya police igoma 

Saturday, 22 November 2014

KUMPERA ZU YU MWAKA U.S.A MU NTARA YA TEXAS [state] UMUHANZI MISIGARO ANDRIE ATEGANYIJE GUSHIRA HANZE INDIRIMBOZIGIZE MUKWEZI GUTAHA KUMPERA ZUMWAKA MISIGARO NU MURIRI BYI UKORA INDIRIMBO ZIHIMBAZA IMANA



Adrien MisigaroTEXAS — Mfite Impamvu, indirimbo nsha y’umuririmbyi uhimbaza Imana Adrien Misigaro yashizwe ku mugaragaro. Uyu muririmbyi ngo arashima Imana yuko hari ibyo yamusezeranyije mu gihe cashize bibaka bihaye bisohora muri iyi minsi. Aha ngo niho iyi ndirimbo ikomoka.
Hari indirimbo uyu muririmbyi ahaye ategura, zirimo iyitwa Ntaco Nzaba yakoranye n’umuririmbyi Meddy.
Tubamenyeshe yuko iyi ndirimbo “Mfite Impamvu” ndetse n’izindi (amajwi na videwo) byakozwe na Lick Lick. Indi ndirimbo nayo iri hafi gusohoka ngo ikaba yitwa Nico Naremewe; Misigaro akaba yarayiririmbye ari wenyine.
Biteganyijwe yuko izi ndirimbo zombi zizasohoka mu kwezi guhata, aho Misigaro avuga yuko  zizaba ziri muri album ye ya kabiri izasohoka kuri Noweri.
Reba indirimbo “Mfite Impamvu”: 

Friday, 21 November 2014

Burundi: Ubushinjacyaha bwatangiye kumva imiryango y’Abanyamulenge yabuze abayo mu bwicanyi bw’i Gatumba

Agathon Rwasa na Pasteur HabimanaJPEG - 45.9 kb
Imurengeheza
Ni nyuma y’igitutu cya bamwe mu bagize umuryango mpuzamahanga ubutabera bw’u Burundi noneho bwemeye gutangiza iperereza kuri ubu bwicanyi buhereye ku kumva abunganira imiryango yahuye n’ibyo byago.
Abantu bose b’ingenzi bavugwa muri iyi dosiye biteganyijwe ko bazahamagarwa uhereye kuri Agathon Rwasa ari nawe uri hejuru mu bashinjwa uruhare muri ubu bwicanyi bw’I Gatumba. Uyu akaba yaratereranywe n’abamushyigikiraga muri politiki ye isa nk’igeze ku iherezo nk’uko ikinyamakuru cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru kivuga.Iyi nkuru irakomeza ivuga ko Rwasa yashukwaga n’abanyapolitiki batareba kure bifuza ko abanyabururi bagaruka ku butegetsi, aho babonagamo Agathon Rwasa nk’umuntu washobora guhangana bitagoranye n’ubutegetsi buriho kuri iki gihe. Ariko ibi bikaba ari uguta igihe kuko ikinyoma kibaho ariko ukuri kugatinda kukigaragaza.
Bamwe muri aba banyapolitiki bivugwa ko banagerageje kumvisha Abanyamulenge guhagarika ikirego babizeza kubaha za viza zizabajyana mu bindi bihugu bifuza. Iki kinyamakuru kikaba gikomeza kivuga ko abantu begereye Rwasa ari nabo bagize uruhare mw’iyirukanwa rya Apotre Sosthene Serukiza w’Umunyamulenge.


ITERA MBERE IMURENGE REBA UMUVUDUKO RIFITE NAWE NIBA ARI WO UGEZWEHO





Imurengeheza
Mugihe,nkiki nu bwo bitoroshe ngo bi vugwe cangwa ngo bishirwe mu b'Ikorwa ariko, bigomba kuza korwa byaze bikunze nkuko niyo tugana ntabwo ndufite gusubira, inyuma , nu bwo ibinduca intenge bitobura.Ariko na gushishika riza gukunda kumenya, nokwita,kubyo,abanyamurenge bagezeho ,nuko babigezeho,,kandi twishi mire inta bwe imaze kugerwaho nkuko igaragarira buri muntu,wese . kuva nakera abanya murenge ba gira umuco wokwiteza imbere, bagana aheza , bashaka,kumenya , ibyo byose ni bo ba bikora ntamuntu uvuye hanze ngo abi bakorere, nko kwishakira umutekano ,kubaka amaso mo yabana, ibitaro, ni bindi bikorwa byu bworozi,nibyo bakora ubwabo ntankuga yamahanga,ibafashije,kugeza nubu haribyishi bikomeje gukorwa , nabo ubwabo kubera gushira hamwe nko kubaka ivireya minembwe,ifite iposta ikomeye murikariya karere,  hamaze kuba kandi ivire ikomeye yitirirwa Abanyamurenge kandi niko bi meze niyabo,bikomeje gukorwa, nabaga bo bakunze igi hugu nabana baco. 
 Harigihe abantu bavuga imurenge ukangirango hara banya murenge hatareba buri wese ashobora kuvuga ngo naha banyiraho bahatuye ariko siko bimeze,ufite inko moko wese muri kariya karere bira mureba. ntitwareka gushi mira abafite umutima wogufasha no gusana ,akarere kacu nkoba bikora nurukundo rukomeye aho usanga babikora ataruko babonye ibya mirenge twashimira amatorero yagize uruhare rukomeye muku bunga bunga u busu gire ndetse numutekano mukarere ariko reka dushimire itorero  CELPA kurubu akaba ariryo rya fashe iyambere mugukora kandi ibikorwa bihesha agaciro imurenge nabanyamurenge bose aho baguze ama jaja ,  umuyo bozi mumagambo make SEBAHIZI   UhagarariyeCELPA .

MUKARERE KITOMBWE, SEBAHIZI SEMUTUMWA,Theophile agize ati ayo majaja atanzwe ni kanisa..  aje yiyo ngera ku bindi bikorwa Iryokanisa rikora byogufasha  abaturage bo murakokarere ,Ibi bi korwa  bakora ati hari no gusakara amakanisa yacu, amasomo, ni bitaro ati ndetse dutanga na bource{ burusr} zo kwiga ubu vuzi cg ikigaga,  kubantu batanu burigihe, murwego rwo kwiteza imbere..nukoyadutangarije.
Aha wakwi baza byishii utapfa, ku bonera umutivuba
1. ese aba baturage ni bo basho boye gusa?? ??
2.ese urwego tugezeho nubu buryo Iwacu hateramo imbere??? 
3.nuyu mu vu duko twaka gobye ku genderaho???
4.ese turindire reta ngo ariyo iza dufasha kandi du fite ingero turebera ho ntaso ni byadutera buriya .

 iterambere ni ryiza pe nta wuryanga ariko haribi banza nu bwo bidakunda kubaho ngo bikorwe. Nkamasomo nishi ngano za reta muku bikora neza. nu Buvuzi nkuko Umuyo bozi wese utorewe kuyo bora Igihugu ni byo bintu, avuga mu gihe, yi ya mamaza ashaka amajwi ariko siko bigenda ,nu kubera  ko muba muta mutoye,? cyangwa nuko aba atabibonye? ko mukarere bikenewe,  aha mu gihu gu cacu ,

Nakwi bariza abasore cg uru byiruko cg umuntu wese wunva ko afite Inkomoko kandi yunvako afite, umutwaro,wo gutaha cangwase guteza imbere akarere ki wacu nukwemera  tugaha guruka nta mususu tutishisha twange uyu mu vuduko nkuko akarere ntaho kagera.nawe munya murenge nta gaciro wagira udafite aho uko moka hagaragara gutera imbere kwi wacu niwanyu nishema ryawe najye,cg 
nguko mye urusyo akoma ni ngasire ni ko abanyarwanda bavuga  bi maze kugaragara ko hari beshi bakomeye ,kandi babashije ,kugira icyo bakora ,haba mugihugu, hagati,ndetse nohakurya yi mi paka ya congo abo bose ninvukire zo mukarere bafiteku ba batujaimbere mu bikorwa byi bura umuhanda ugatangira reta bavuga ni ba byara yi naniye ikabonera ho nkk reta niuwewe nijyewe , nkurubu

Turahantu hatandukanye kwisi  aho tuvuga ngo dufite igihungu twahawe n;Imana  dushwiragira imishwaro ni bayara gitanze mutakirimo  mwunvako bizagenda gute ?,shuti zi gihugu shutiza jye nu bwo byageze gutyo ukisanga aho uri umenyeko inkungaya we irakenewe mu guteza imbere imurenge ndetse na congo yose murirusange, ,murye muryoherwe mwishime ariko agaciro ku muntu ni wabo avuka. ,muzaza mu bikora ni muryama murote imurenge na congo nkuko tawe uza fata iyambere ngo aze guteza Imbere iwanyu mwebwe mudahari banyiraho, wewe uko meze wakwibaza uti nakora iki kuba uriho ninkunga iko meye kuritwe na bomukarere ndetse nigihu caku byaye
 DUTUNGE DUTUNGA NIRWE  DUSENGE DUSENGERE IMURENGE NABAHO.

MURAKOZE MURAKARAMA