Tuesday, 11 November 2014

BOMBORIBOMBORI MUBANYE POLITIKI BABA NYAMURENGE

http://murenge.files.wordpress.com/2013/07/amarango-yitombwe.jpg

Inama y'ejo hashize niyinga yigaga uburyo ki Minembwe yakubakwa igishirwamo iterambere rijanye nigihe ariko uko byari byitezwe siko byagenze
Ahagana 17h z'umugoroba abanyamurenge benshi bahuriye munyubako ya minisitiri Biganza mumujyi wa Kinshasa icaje gutangaza abantu Me Azarias, Nyarugabo na Min Biganza ntanumwe wigeze ahagaragara, ikindi catunguranye n'ingabo zigihugu zabonetse muriyo nama, abari muriyo nama babajije Mukiza Nyabaharira nk'uwaruyoboye inama aho iki gitekerezo cavuye, nawe ati byavuye mukanama kakozwe ubwo twasezeraga col nyamushebwa
Abaraho banenze cane imitegurire yiyo nama nubwo cari igitekerezo ciza cokubaka imuhira ariko basanze ako kanama karakozwe na RCD gusa mugihe abayoboke ba FRF na PPRD Ntabyo bari bazi bituma batagira umwanzuro bafata bitewe nuko hatabanje kubaho akanama gahuriweho nabose kugirango ejo bitazitirirwa RCD. nuko rero ubwose wakwi baza ni ba iterambere rya za nwa nishaka cg rikazanwa numuntu kugiti cyiwe  imurengeheza habona iwacu hazu bakwa  nu buimwe bwabanyiraho  ntamuntu numwe wagufasha ku baka iwawe uta bigizemo uruhare mureke amacaku biri twubake iwacu mureke no kuturema mo imitima itari myiza bitewe no kutunvikana kumuntu nundi kugiti cabo bibaze aho bava nico bapfana maze turebe imbere,rubyiuko murabe mwunva ,  murebe ibyiza bifatika tuve kumagambo ntaho yatugeza' nahoIngabo zaraho zasabye RCD ziti nimba mwaratekereje kubaka imuhira nimushire hamwe nabanyu ingabo ntizigira ubwoko izacu ndazishimiye ko zitavangura nabo nibarebereho  nkk umukuru iyo akoze amakosa umuto bira mworohere niberimbutu nkizabasogokuru  nicokiranga umunyamurenge kuba infura mumikorere nimitekerereze .

Friday, 7 November 2014

AMATORA YABANYAMURENGE

AMATORA YABANYAMURENGE
abanyamurenge bakomeje gutekereza kucatuma bakomera kumuco wabo nizina ryabo ryagakondo aho bagize igitekerezo co kwitora mo bamwe mubayobozi baza ha garara bagafata iyambere mukuvuga akarengane kumunyamurenge no kwihesha agaciro murwego mpuza mahanga.ibi bika babyaravuye mu banya murenge batuye hafi kwisiyose kumigabane itandukanye. kumunsiwejo wana gatanu imisi7/11/2014  nibwo hateranye inama ihuza impuguke zabanya murenge zirahantu hatanduka nye  hakaba hara barimubihugu  nki bi mugihungu cyu burundi abadi murwanda nabandi thouth africa, kenya ,australia .canada  U.S.A  ,INDIA nahandi hatandukanye abo barimo abadocteur nabandi beshi aho baga niriye  ati se nigute umunyamurenge yamenyekana nkurwengo mpuzamahanga biciye mu biganiro ni bikorwa.remezo
aho baganiriye nukuntu bakwiyubaka bishaka mo ubuyo bozi bu bahagarariye ku rwego rwisi haka baharimo aba candida icyumi hakenewe abayo bozi ba tanu, bahagararira abandi kurikira  ejo tuzabaha inkuru irambuye kuri byo bikorwa bikomeje kuvugwa nabantu benshikwisi kurutonde rwari rukenewe cg dutegereje.

1president 
2,secretaire
3.affair sociale
4.porte parole
5.conceuil
intego nya mukuru aka ba ariyo kugirastus imwe  isho bora guso banura neza umu nyamurenge aho yaba arikwisi hose kandi bakana bikora numutima ubikunze bafatika nyije nawe naje. 
kugirango bige  no kukibazo giko meje mukarere cokurengana ku munyamurenge aha wakwibaza uti ese babuze ubarengas nura ariko nawe ura biziko dukeneye impuguke zi geza ikibazo muzego zohejuru nko muri ONU nahandi hakomeye.  ayamatora sayo kurwanya igi hugu nkuko bamwe basho bora ku byunva ahu bwo nu bufatanye bwa bana baba nyamurenge  bi buka iwabo kandi bashaka no kuhateza imbere bi nyuze munzira yamahoro ,, nku bu twavuga kuki bazo kirikugenda kigara gara aho bamwe batuye mumakambi bakaba baturanye nu bundi bwoko bwiyitako ari abanyamurenge ataribo nkabari mozambique abandi bari nairobi nabandi barihanze bagiye mwizina ryaba nya murenge twavuga nko mu bufaransa  australia na U.S.A muduce dutandukanye nkuko twagiye tu bitangarizwa nabamwe baturanye nabo abo bachafuza izina ryumu nyamurenge izonzegorero nu bwo tutaramenya abatowe dutegereje ibyavuyemo ndibaza ko ibyo bagiye guhangana nabyo ninkibyo arikose baza bikora bonyine wibaze nawe, banyamurenge murihirya nohino uwo numugambi utarimubi nagirango ngire icyo nivugira mureke dukore ibintu twunva kandi abafite umugambi mwiza wokubaka ubwoko nigihugo tumushigikire tureke umwiryane nkuwakere ati mwene kanaka ati barahaze none impishi irabatuye ,ibyo tubireke nkuko ntaco byatumarira nkuko ico dupfana kiruta icodupfa  mutirengangijeneza ko ntawe uza bubakira izina nigihugu ahubwo rubanda ibafasha gusenya mubemaso nkoko musazwe musesengura ibizaba munyuze kumuremyiwacu  abandika bandike inkuru zubaka zinubahisha umunya murenge wese  . mugushigikira abavugizi bacu kurwego rwisi nibimwe bizagaragarako twashize hamwe kandi nawe uruharerwawe rurakenewe  kandi na barimugihu gu tubashigikire tureke kubaca intenge dukurikiye amadegede ni bitumbura . tuvemuri mpemukendamuke inamazanyu zokwiteza imbere nukuri ninziza IMURENGEHEZA harabashimirwa mwese murakarama,

Monday, 27 October 2014

Igiterane mu majye pfo yu buhinde gitegurwa nitorero lords light fellowship LLF,

mu gihugu cyu buhinde mu ntara ya majye pfo  ahitwa tamili nadu mu karere ka chidambara u birashushye aho imyiteguro ikomejye  mukwitegura igiterane ngaruka mwaka aho gite gurwa na ba nyeshuri biga muri kaminuza  ya Annamali unuversity   icyo giterane ki kaba arigiterane ngarikamwaka bise NCC ,New Covernant conference . ikigiterane kikabakirimwijyambo 

theme, zakariya.8;13 iki giterane kikazi ta birwa na bavuga butumwa bata ndukanye bavuye mu gihu ngu cyurwanda aribo docteur MASENGO na PROPHET bishop;RUBANDA  aho bategerejwe nimbaga yabanye shuri nyamwishi  tu bi butse ko aba bakozi bimana bafite amatorero akomeye yo mu gihugu cyurwanda. hakazaba hari na bariri byi bama choral atanduka nye baza ba bavuye mu ntara zu buhinde  abazava bangalor salem ndetse nahandi tukaba turikumwe numwana wika nisa ukomeye MBONYI CYAMBU ISLAEL mundirimboziwe zihimbazimana  ukuzwe cane kwisi hakazaba nitsinda ryi torero ryitwa  the lampstard  tukazabaturikumwekandi nu mu pastor witorero rya llf wumuriribyi ukomeye wandika indirimbo akanaririmba MUTAGOMA GOUDIN  nabandi batandukanye bazaba bavuye impandezose zigihungu  mura tumiwe  mwese kuminsi.1okugeza 13 zukwezi kwa 12 /2014{10-13/12/2013 }  bikazabera ahitwa venue GM vandayar holl chindambaram bikaza tangira 3;oopm to2;oopm ,kuzakwawe ni byigicyiro gikomeye kubafite uko bahagera  ndi bwirako kumusiwambere kugeza kuwanyuma bizaba bikomeye vayo ufate mugisha wawe ku basore haza bamo ibiganiro bitandukanye byo kuganira ku buzima buranga umusore wu mucristo nu buzima busanzwe mbega dutegereje seminnaaire ikomeye yabagabo binarari bonye  bakuze kandi bazi yesu , ni byi gicyiro guhugurwa na banga bo ntaki guzi dutanze  bazatubwira uko wakwi yubaka ukuba ka nigihu cyawe mbega mu hishiwe mushoje ni muze dutambirimana yoooo karibu bakozi bimana muri tamil nadu state 

IFUNGURWA RYUMUKOZI WIMANA MU BURUNDI

Serukiza

intumwa y'Imana serukiza sosthene yakuwe mwibohero ariko yirukanwe kubutaka bw'igihugu c'uburundi
\inkuru itugezeho ubu iravuga ikurwa mwibohero ry'umukozi w'Imana serukiza sosthene nyuma y'iminsi 
igera kuri 7 uyu mukozi w'Imana ari mwibohero ahantu gatari hazwi, biravugwa ko ahaganakugicamunsi 
c'uyu wakazirimwe 16H z'umugoroba nibwo intumwa y'Imana sosthene serukiza yarekuwe agakurwa muburoko
nkuko tubikesha mugenzi wacu uri ibujumbura yavuze ko ngo pastor serukiza akimara gukurwa 
mwibohero yabwiwe ko agomba kuva kubutaka bw'uburundi vuba byihuse ubwo ntakindi bakoze ngo 
bamwurije imodoka hamwe n'umuryango we bamwerekeza kumupaka wa kavimvira, kugez'ubuntituramenya aho yaraye
tubibutse yuko leta y'uburundi itigeze ishira ahabona ibyo uyu mukozi w'imana aregwa, nubwo benshi bemeza ko ngo yaba azira guhungabanya umutekano w'igihugu ariko ntagihamya cab
turakomeza kubikurikirana ibindi kuriyi nkuru ni mumakuru yacu yubuta
Yaditswe na RUSHOMBO. freddy  27/10/2014

Thursday, 23 October 2014

ibu jumbura ifungwa ryintumwa sosthenee

Sosthene Serukiza araye mwibohero mBujumburuaazira umujyi wa amahanuzi yahanuriwe mwikanisa rya Guerison des Ames
Amakuru ababaje aturuka ibujumbura mugihugu c'Uburundi aravuga itabwa muri yombi ry'Umukozi w'Imana akaba n'Intumwa y'Imana Serukiza Sosthene watawe muri yombi n'igipolisi c'uburundi biravugwa ko ahagana satanu zamanwa nibwo bamwinjiranye mubiro bye batangira gusopa ibyo biro imbere n'inyuma hasi no hejuru ariko ntakintu bigeze bakuramwo, ahubwo ico bakoze bamwurije umuduga wabo baramujana biza kugeza isazibiri zijoro abantu bataramenya irengero ryiwe, nyuma ya sambiri nibwo polisi yigihugu ibinyujije kuri RPA radiyo yabanyagihugu yemeje ko sosthene yafashwe na polisi ndetse yemeza ko araye mwibohero
Imurenge Niheza igerageje kubaza muri bamwe bakora muri leta y'uburundi ico uyu mukozi w'imana yaba azira, benshi bavuze ko ngo kubera ubwumvikane buke cane buri hagati y'urwanda n'uburundi arazira amahanuzi yahanuwe nabashitsi baherutse kuva irwanda baje biyita abakozi bimana naho ngo ikigaragara co bari intumwa z',urwanda icaje kugaragara ngo namahanuzi bahanuye yogusebya uburudi nabarundi bikomeye
tubibutse yuko iki gihugu cuburundi murino minsi kitahaye gicana uwaka n'urwanda ahani kukwitana ba mwana kumirambo yagaragaye mukiyaga ca rweru mukwezi gushize
uyu mukozi w'imana ahanini arazira kwakira no gushigikira izontumwa zurwanda' biranavugwako murizo ntumwa zavuye irwanda ngo harimo abanyamurenge uko niko polisi y'uburundi ivuga
turakomeza kubikurikiranana
ubwanditsi nagatatu 22/10/3014 na Rushombo Freddy

ifungwa ryi ntumwa y Imana sosthene

















Intumwa y'Imana Serukiza Sosthene ibyo ba murega ese bishobora kuba intandaro yo kwirukanwa
kw'Abanyamurenge mumujyi wa Bujumbura? soma wumve

Ibitangazamakuru bitandukanye byo mumujyi wa bujubura ubu ntakindi kiriho kivugwa n'itabwa muri 
yombi ry'umukozi w'Imana sosthene umaze iminsi2 mwibohero yagirizwa gukoresha imvugo 
itarashimishije abayobozi bakuru b'igihugu c'uburundi abinyujije munyigisho z'ijambo ry'imana, hari kandi 
n'amahanuzi yahanuye avuga ko generale wa documentation ngo niwe uzahitana petero nkurunziza
Amakuru y'ukuri atugeraho aravuga ko niposho mbere yuko sosthene atabwa muri yombi, perezida 
Nkurunziza yari yahamagaye umwe muba pasiteri babanyamurenge amubwira ko inama y'igihugu 
yateranye iriga yuzuza ko abanyamurenge bose bagomba kubirukana abafite ibyangombya by'ubuhunzi 
bakaja mumakambi abatabifite bagasubizwa i congo, ati kubera ko bivanze na politiki itabareba , nyuma 
bukeye bwaho nibwo sosthene yaje gufungwa
Kugez'ubu mumujyi wa buja hari umukwabo cane wibasiye abanyarwanda bahatuye

YANDITWE NA RUSHOMBO Feddy











Intumwa y'Imana Serukiza Sosthene ibyo ba murega ese bishobora kuba intandaro yo kwirukanwa 
kw'Abanyamurenge mumujyi wa Bujumbura? soma wumve
Ibitangazamakuru bitandukanye byo mumujyi wa bujubura ubu ntakindi kiriho kivugwa n'itabwa muri y
ombi ry'umukozi w'Imana sosthene umaze iminsi2 mwibohero yagirizwa gukoresha imvugo 
itarashimishije abayobozi bakuru b'igihugu c'uburundi abinyujije munyigisho z'ijambo ry'imana, hari kandi 
n'amahanuzi yahanuye avuga ko generale wa documentation ngo niwe uzahitana petero nkurunziza

Amakuru y'ukuri atugeraho aravuga ko niposho mbere yuko sosthene atabwa muri yombi, perezida N
kurunziza yari yahamagaye umwe muba pasiteri babanyamurenge amubwira ko inama y'igihugu 
yateranye iriga yuzuza ko abanyamurenge bose bagomba kubirukana abafite ibyangombya by'ubuhunzi 
bakaja mumakambi abatabifite bagasubizwa i congo, ati kubera ko bivanze na politiki itabareba , nyuma 
bukeye bwaho nibwo sosthene yaje gufungwa
Kugez'ubu mumujyi wa buja hari umukwabo cane wibasiye abanyarwanda bahatuye

Friday, 17 October 2014

elbethel ministry mundirimbo amahoro agaze

Amahor
o Naganze" Amahoro Naganze"" by El_bethel Ministries

Umuryango w'ivugabutumwa ukorera mubihugu byo mukarere kibiyaga bigari El_bethel ministries 
wateguye igiterane kinini cane co gushira cassette yabo kumugaragaro bise Amahoro NaganzeKomite 
nyobozi ya El_bethel Ministries iranganjwe imbere n'umuvugizi wabo Mpogazi Jeremie bashimye ko iki 
giterane kigomba kubera mugihugu c'Urwanda mu karere ka Rubavu (ku Gisenyi) mwikanisa rya Blessing 
Church riyobowe n'umukozi w'Imana Past Kiraga
Uyu munsi wagatanu guhera 16h z'Umugoroba nibwo igiterane cafunguwe kumugaragaro kikazasozwa 
niyinga kuminsi 19/10/2014
Tubibutse yuko muri iki giterane catumiwe mo abashitsi batandukanye bazava mubihugu nka Urwanda, 
Uurundi,DRC ndetse na Uganda, muri iki giterane kandi kirimo umukozi w'Imana MANEZA hamwe 
n'abahanzi bakunzwe muri iki gihe Ngoma na Patrick
Abakunzi b'umurya w'Inanga igisirimba, El_bethel ntiyabibagiwe kuko wa mucuranzi ukunzwe cyane 
muriyiminsi Bea arahabaye
                                                                                                                          Nimuze Tuvome kumigisha y'Imana
                                                                                                                                                                  

                                                                                                                                     by ; rushombo freddy           17/10/2014